Sinzarambarara!
Umukiza niwe undamira, Umwanzi aruhiye ubusa ku kugwa kwanjye kuko Umukiza ampora hafi. Hahirwa abibera mu Ihema rye bakamwiyambaza iminsi y...
"Nugira umwete wo kumvira ijwi ry’Uwiteka Imana yawe, no kwitondera amategeko yayo yose igutegeka uyu munsi, Uwiteka Imana yawe azaguha guhirwa mubyo ukora byose, gusumbishwa amahanga yose yo mu isi."
"Ariko nutumvira ijwi ry’Uwiteka Imana yawe ngo witondere amategeko yayo yose n’amateka yayo igutegeka uyu munsi, iyi mivumo yose izakuzaho."
"Abumvise ijambo ry'Imana kandi bakaryitondera, barahirwa"
“Ariko Umufasha, ni we Mwuka Wera, Data azohereza mu izina ryanjye, ni we uzababwira byose, kandi azabibutsa ibyo nababwiye byose.”
“Umuntu wese natange nk’uko yabyiyemeje mu mutima we, atabitewe n’agahato cyangwa umubabaro, kuko Imana ikunda utanga yishimye.”
"Wihangane, Imana iri kumwe nawe 🙏"
Hitamo hepfo Ufatanye Natwe mu murimo
Ibyigisho byahindura Ubuzima bw'Umuntu
IMANA IRAGUHAMAGARA
Inkuru n'ibyigisho bishya
Umukiza niwe undamira, Umwanzi aruhiye ubusa ku kugwa kwanjye kuko Umukiza ampora hafi. Hahirwa abibera mu Ihema rye bakamwiyambaza iminsi y...
KUMVA NO KUMVIRA BIRAKIZA KUMVA NO KUMVIRA BIRAKIZA Kenshi usanga abantu bavuga ko uw...
IMANA yonyine niyo soko y'Ibyo tugeraho si kubwo: Gukora cyane Gusenga Cyane Ahubwo byose ibikorera kutwireherezaho ngo bidutere kwama...
IMANA ntabwo ihinduka. Guhinduka kwacu kudutera kubona IMANA nk'iyadutaye. Mureke twizere IMANA ntihinduka ahubwo duhindure abo turibo...
Isi ntabwo muri iki gihe icyeneyecyane Abigisha ahubwo icyennye kandi icyeneye Abahamya b'Ukuri.
Isoko y'Amahoro mu Gihe cy'Umubabaro 1. Gusobanukirwa ko turi Abagenzi ku Isi,...